Home Amakuru Ilayidi ni kuwa mbere

Ilayidi ni kuwa mbere

237
0

Amakuru ava mu gihugu cya Arabiya saudite aravuga ako abahanga babo  babuze  ukwezi bityo ilayidi y’uyu mwaka ikazaba kuwa mbere tariki ya 02 Gicurasi 2022.

 Abahanga mu gupima imboneko z’ukwezi baragaragaza ko ukwezi kutari kutagaragaye bityo igisibo kikaba kizakomeza abayislam bakuzuza iminsi 30 yuzuye.

Ubusanzwe abayislam basiba kurya no kunywa ku manywa y’ihangu iyo babonye ukwzi ndetse bagasiburuka habonetse imboneko y’ukwezi,

 Ukwezi kwa kislam kukaba kumara iminsi 29 cyangwa se 30, bikaba ari byo bituma ku munsi wa 29, abahanga mu kureba imboneko y’ukwezi basuzuma kugira ngo barebe ko ukwezi kwabonetse babone gutangariza abayislam ko umunsi ukurikiye ari umunsi mukuru wa iddil Fitri

 Hirya no hino mu mujyi wa Kigali bari mu bikorwa byo gushaka uko bagura imyambaro y’ilayidi nk’umunsi ngarukamwaka bizihiza banishimira ko baba bamaze igihe cy’ukwezi bari mu gisibo,

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here