Home Imikino Maroc irenze amajonjora nyuma y’imyaka irenga 30

Maroc irenze amajonjora nyuma y’imyaka irenga 30

169
0

Ikipe y’igihugu ya Maroc izwi ku izina rya “les lions d’Atlas” kuri uyu wa kane yakoze ibyo benshi batari bayitezeho igera muri 1/16 mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar.

Maroc ibigezeho nyuma yo gutinda Canada ibitego 2 kuri 1, mu mukino wa gatatu wo mu itsinda rya F (Group F) ndetse irisoza ariyo iriyoboye. Muri iri tsinda kandi Ububirigi bwahise busezererwa kuko bwananiwe gutsinda Croatia, ihita izamuka.

Ibyo Maroc ikoze yaherukaga kubikora mu mwaka 1986 ubwo nabwo yazamukaga mu itsinda F aho yari kumwe n’amakipe akomeye nk’ubwongereza, portugal na Pologne.

Hakim Ziyech na En-Nesyri nibo batumye ikipe ya maroc igera kubyari bimaze imyaka 36 idaheruka.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here