Home Mu Rwanda Abagana ‘2 Shots Club’ bongeye guhabwa ubwasisi

Abagana ‘2 Shots Club’ bongeye guhabwa ubwasisi

46
0

Abataramira mu kabari ka ‘2 Shots Club’ gaherereye i Remera hafi ya Stade Amahoro, bagiye gutaramirwa n’abahanzi b’injyana za Gakondo.

Abagana aka kabari, barataramirwa guhera uyu wa Kane, hibandwa ku ndirimbo za Gakondo ariko zaranze Urugamba rwo Kubohora Igihugu.

Intore Ndatinya na Manzi, ni bo bahanzi bagomba kuba bari muri ‘2 Shots Club’ guhera Saa kumi n’ebyiri z’ijoro kugeza amasaha yabuhenewe.

Ku bafite ibinyabiziga, bemerewe ko bazahabwa aho kubisiga (Parking) kandi nta kiguzi kindi basabwe.

Akabari ka ‘2 Shots Club’ gaherereye i Remera munsi ya BK Arena na Stade Amahoro.

Abahanzi b’injyana za Gakondo barataramira abagana ‘2 Shots Club’ guhera uyu munsi

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here