Home Authors Posts by Editor

Editor

54 POSTS 0 COMMENTS

Abagana ‘2 Shots Club’ bongeye guhabwa ubwasisi

Abataramira mu kabari ka ‘2 Shots Club’ gaherereye i Remera hafi ya Stade Amahoro, bagiye gutaramirwa n’abahanzi b’injyana za Gakondo. Abagana aka kabari, barataramirwa guhera...

Perezida Kagame yavuze ku rupfu rwa mubyara we wishwe muri Jenoside

Ku nshuro ya mbere, Perezida Paul Kagame yavuze ku rupfu rwa mubyara we, Florence, wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse kugeza ubu uwabigizemo uruhare...

Abagana 2Shots Club bagiye guhabwa Pasika

Akabari kazwi nka “2Shots Club” gaherereye i Remera hafi ya BK Arena munsi ya Stade Amahoro, kiyemeje kuzaha Pasika Abanyarwanda bakagana. Ku Cyumweru tariki ya...

Abagana 2shots Club bagiye gususurutswa n’injyana za Gakondo

Mu rwego rwo kumara irungu abagana akabari ka “2Shots Club” gahereye i Remera munsi ya Stade Amahoro, hazanywe ababasusurutsa mu njyana ya Gakondo. Kuri uyu...

Eyeang Nguema continues to help AS Kigali WFC

The Gabonese striker trading her football at AS Kigali Women Football Club, Eyeang Nguema Coralie Odette Elsie, continues to contribute to the team's success. Since...

Umuryango wa Karinganire Eric wongeye gutabaza Umukuru w’Igihugu

Nyuma y’umwaka Karinganire Eric afunzwe akekwaho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, umuryango we wongeye gutabaza Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul...

Nzotanga wa APR yateye uw’inyuma umugore babyaranye Kabiri

Myugariro w’iburyo mu kipe ya APR FC, Ndayishimiye Dieudonné uzwi nka Nzotanga cyangwa Fils, yamaze kwihakana umubyeyi wamubyariye abana babiri. Urukundo rwa Ndayishimiye Dieudonné uzwi...

Iradukunda Bertrand yatangiye umwuga w’ubwogoshi muri Canada (AMAFOTO)

Nyuma yo guhagarika ruhago ndetse akabitangaza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Iradukunda Bertrand yamenyesheje inshuti ze ko yatangiye akazi gashya ko kogosha muri Canada...

Rayon Sports yagize umusangiro usoza umwaka [AMAFOTO]

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports, abakozi ba yo ndetse n'abakunzi ba yo, basangiye bifurizanya kuzasoza neza umwaka wa 2023 ndetse banishimira ibyo bagezeho muri...

Abasohokera 2 Shots Club bashyizwe igorora

Akabari ka 2 Shots x Club gaherereye i Remera, kazanye abataramyi bazasusurutsa abahagana mu mpera z’iki Cyumweru. Guhera kuri uyu wa Gatanu kugeza ku Cyumweru...

AMATANGAZO