Home Authors Posts by Editor

Editor

47 POSTS 0 COMMENTS

Amajyepfo: AIMS-Rwanda yizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore muri Science

Mu Akarere ka Nyanza, mu Intara y'Amajyepfo, mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w'Abagore n'Abakobwa bo mu gice cya Science, hagaragajwe ubushobozi abagore bafite mu kwiga...

Umunyamakuru wa Isango Star yakoze ubukwe

Umunyamakuru wa Isango Star TV&Radio ubifatanya no gukora kwa muganga, Umurungi Hilson Rosine, yasezeranye na Ndayishimiye Fiston uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu...

Nonati wanze igitego cya Rayon, ashobora guhanwa

Biciye ku Munyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, Muhire Henry, abakunzi ba Rayon Sports bijejwe ko Bwiriza Nonati azahanirwa ikosa yakoze ryo kwanga...

Abafana ba Kiyovu Sports bafatiwe ibihano

Nyuma y'imyitwarire mibi ya bamwe mu bafana b'ikipe ya Kiyovu Sports yagaragaraye ku mukino iyi kipe yanganyije na Gasogi United 0-0 ubwo batukaga Mukansanga...

Munanira II: Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bahize guteza imbere Siporo

Binyuze mu bikorwa byo gukomeza kwishimira no kwizihiza isabukuru y'imyaka 35 Umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Abanyamuryango ba wo bo mu Murenge wa...

Love Hope&Care Foundation yifatanyije n’imiryango itishoboye basangira iminsi mikuru

Umuryango usanzwe ufasha abana n'imiryango ya bo itishoboye, Love Hope&Care Foundation, wageneye ibiribwa iyi miryango kugira ngo ibashe kumwenyura kuri Noheli. Ni igikorwa cyabaye kuri...

New Generation FA yegukanye igikombe cy’Umujyi wa Kigali

Irerero ryigisha umupira w’amaguru rya New Generation Football Academy ry’abatarengeje imyaka 17, ryabaye irya Mbere mu Mujyi wa Kigali nyuma yo gutsinda LDK U17...

Abanyamakuru bakoreye Ferwafa amaso yaheze mu kirere

Bamwe mu banyamakuru babarizwa mu mikino, bakoreye Ferwafa none amaso yaheze mu kirere. Mbere y'isozwa ry'umwaka w'imikino 2021/2022, bamwe mu banyamakuru b'imikino bahawe akazi n'Ishyirahamwe...

Impamvu eshatu zatumye Ndanda asezererwa na Police FC

Hamenyekanye zimwe mu mpamvu ubuyobozi bw’ikipe ya Police FC bwashingiyeho busesa amasezerano bwari bufitanye n’uwari umutoza w’abanyezamu b’iyi kipe, Ndizeye Aimée Désire Ndanda n’ubwo...

Kaminuza y’u Rwanda yambuye abasifuzi asaga 2020000 Frw

Abasifuzi bo mu Cyiciro cya Mbere, baratakambira inzego zibishinzwe ngo ziberenganure nyuma wo kwamburwa na Kaminuza y'u Rwanda (UR) amafaranga angana na miliyoni ebyiri...

AMATANGAZO