Home Amakuru Abayislamu b’abanyarwanda bari muri Hijja (mu mafoto)

Abayislamu b’abanyarwanda bari muri Hijja (mu mafoto)

1560
0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Kanama 2018 nibwo abayislamu bo mu Rwanda berekeje i Makkah gukora umutambagiro mutagatifu. Abajyanywe n’umuryango w’abayislamu mu Rwanda ni 82 harimo abanyarwanda 76 na 6 b’abanyamahanga.

Abayislamu basuye hamwe mu hantu hatandukanye.(Photo Kadjura Facebook)

Gusura amateka afitanye isano n’idini ya Islam ni kimwe mubyo berekwa.(Photo Kadjura Facebook)

Dr Isaac Munyakazi, umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye muri Minisiteri y’uburezi ni umwe mu banyarwanda bitabiriye umutambagiro mutagatifu(HIJJA) uyu mwaka.(Photo Kadjura Facebook)

Abayislam b’abanyarwanda kandi batemberejwe umusigiti witwa Rajihi Mosque,basobanurirwa ibice biwugiz.(Photo Kadjura Facebook)

Aha ni mu cyumba mberabyombi(salle Polyvalente) y’umusigiti wa Rajihi (Photo Kadjura Facebook)

Ibikorwa bya Hijja bikaba byatangiye kuri iki cyumweru tariki 19 Kanama 2018, ubwo imbaga y’abayislam bari mu kibaya cya Mina giherereye mu birometero 5 uvuye i Makkah.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here