Home AMATANGAZO Wari uziko ubusabe ari ikintu gikomeye muri Islam

Wari uziko ubusabe ari ikintu gikomeye muri Islam

498
0

Gusaba Imana ni kimwe mu bikorwa abasenga bose bakora basaba uwabahanze ko yabakemurira ibibazo bafite byaba ibyoroshye cyangwa ibikomeye kandi bakizera ko ibyo basabye Imana ibibaha.

Gusa nubwo buri wese ategetswe gusenga hari ubumwe mu buryo ibikorwa byo gusaba bikorwa, ndetse no guhitamo ibihe byiza umuntu asabamo ndetse n’ubusabe budasubizwa inyuma hakiyongeraho n’ibisabwa usaba agomba kuba yujuje.

Ubu buryo bwose bukusanywa na mwitende Seif utegura ubu butumwa buri wa gatanu nk’umunsi mukuru ngarukacyumweru ku bayislam

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here