Home Umuco Ibihugu 10 bya mbere bifite abayislam benshi ku isi

Ibihugu 10 bya mbere bifite abayislam benshi ku isi

1851
1

Idini ya Islam niyo ifatwa nk’idini rya kabiri ku isi mu rifite abayoboke benshi aho bagera kuri miliyari 2 benshi mu bayislam bakaba bari mu bihugu bitandukanye by’abarabu, Aziya ndetse no ku mugabane w’afurika, Nubwo iri dini ryavuye mu gihugu cya Arabiya Saudite mu mwaka wa 610 ubwo Intumwa y’Imana Muhamad yatangiraga kubwiriza ubutumwa bwa Islam.

Abayoboke b’iri dini bakomeje kuba benshi bagenda bakwirakwira hirya no hino ku isi kugeza aho kuri ubu iri dini rifite abayoboke bakabakaba miliyari 2 muri miliyari zirenga 7 zituye ku isi.

Muri aba bayoboke b’idini ya Islam bari mu bice bibiri bitajya byumvikana na gato, aribyo Aba sunni ndetse n’aba Shiya. Abasuni nibo benshi ku isi bangana na miliyari imwe n’igice, mu gihe aba Shiya bari hagati ya miliyoni 240 na 340.

Urubuga rwa internet rwitwa worldpopulationreview rwashyize imibare y’ibihugu bituwe n’abayislam benshi ku isi aho ruvuga ko Indonesia aricyo gihugu cya mbere gifite abayislam benshi kibarizwa ku mugabane w’asiya kikaba kitari mu bihugu by’abarabu. Muri Afrika, Nigeria niyo ifite umubare mwinshi ikaba ari iya 5.

Ibihugu 10 bya mbere bifite umubare mwinshi w’abayislam

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here